Abashaka Impushya zo gutwara ibinyabiziga umurongo wo kwiyandikisha wafunguwe

 

polisi

Ishami rya Polisi rishinzwe riahinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga rytangaje ko kuva ku munsi w'ejo tariki ya 15 Nyakanga kugeza tariki ya 22 Nyakanga ,abantu bifuza gukorera impushya z'agateganyo n'impushya za Burundu zo gutwara ibinyabiziga bashobora kwiyandikisha 

Abaziyandikisha muri iki gihe cyagenwe bazakora ibizamini kuva mu kwezi kwa kanama kugera mu kwa ukwakira 2022.

Ibisabwa kubiyandikisha 

Abifuza gukorera impushya z'agateganyo barasabwa kuba bafite indangamuntu y'umwimerere 

Abifuza gukorera impushya za burundu barasabwa kuba bafite uruhushya rwa gateganyo rutararangira cyangwa bafite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga narwo rutararangira.

uburyo bwo kwiyandikisha ni ubusanzwe ni ukunyura ku rubuga rw'irembo .

Kanda Hano Wiyandikishe

Itangazo rya polisi ry'abifuza kwiyandikisha gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga


Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post